IBARIZE REAL ESTATE ni company yaje ari igisubizo kubantu bakodesha,n’abagurisha amazu ,amamodoka ndetse n’ibibanza byo kubakamo akarusho nuko inagufasha kubaka mukibanza cyawe mugihe ukeneye ubwo bufasha.
Ibarize real estate yashinzwe na Bizumuremyi Jean De Dieu aho yatangiye ihuza abagura n’abagurisha amazu,ndetse n’imodoka gusa kurubu yamaze kwaguka kuburyo service zose zijyane no kuranga ibibanza no kubyubaka byose ibigufashamo ikindi kandi nuko ifite amamodoka yifashishwa mu kugeza abayigana kugera aho icyo bakeneye giherereye.
Mu mwaka wa 2021 iyi company yafashije abanyarwanda benshi mukubona aho kuba kuko ubusanzwe Ibarize ikorera mugihugu cyose kimwe mubyatumye igirirwa icyizere n’abaje bayigana. Ibarize kandi yanafashije abantu benshi mukubona amamodoka ajyanye n’ubushobozi bwabo harimo nabo yafashije kubona amamodoka meza yo gukodesha yaba muminsi mikuru ndeste nabaje baturutse hanze y’igihugu.
Mukiganiro na KIGALIUPDATES umuyobozi w’iyi company bwana BIZUMUREMYI Jean De Dieu yavuze ko 2022 bafite Gahunda yogukomeza gufasha abaturarwanda nabandi barugenda kubona serivisi zinoze nkintego nyamukuru yiyi company kuko abanyarwanda basobanutse banakeneye serivisi zisobanutse.
Ibarize ifite icyicaro gikuru mu karere ka Gasabo m’umurenge wa kimironko mu kagali ka Kibagabaga ku muhanda ugana kubitaro bya kibagabaga aho uhabwirwa n’icyapa kinini cyanditseho IBARIZE REAL ESTATE, Kubindi bisobanuro wabahamagara kuri numero ya telephone igendanwa ya 0784605590 cyangwa ukabandikira kuri email y’umuyobozi wayo ariyo bizumure2020@gmail.com cyangwa info@ibarize.com ukanasura urubuga rwabo www.ibarize.com uramutse ukeneye kureba amazu meza arimo arangwa,ibibanza byiza bigurishwa n’amamodoka meza agurishwa ndetse na kodeshwa.
Tubibutse IBARIZE REAL ESTATE ariyo company itananiranwa nuje ayigana kuko gukorana nabo waba ugurisha cyangwa ukodesha ibiciro byoroheye uwariwe wese agane ubundi ugume kuryoherwa na 2022.
Inzu nziza nshya igurishwa iherereye i Gacuriro kumuhanda wa kaburimbo
irashakwamo miliyoni 250 Rwfs iramutse ikodeshwa yakodesha miliyoni 2.500,000 rwfs
Ifite internet,ibigega byamazi,ifite ibyumba 4 n’ubwogero 4,ifite parikingi yajyamo imodoka zigera kuri 6, ifite jaride n’ibindi byangombwa byose wakenera ku nzu y’inzozi zawe.
kubindi bisobanuro wahamagara kuri numero yatelefone igendanwa 0784705590 iba no kuri WhatsApp.