Nyuma yo kumara iminsi atagaragara, benshi baribaza aho umuvugizi wa polisi Cp John Bosco KABERA Yaba aherereye gusa bikomeje kuba urujijo
Umuvugizi wa polisi mu rwanda niwe uba ushinzwe gutangaza amakuru cya kuvugira polisi igihe hari amakuru akenewe mubitangaza makuru bitandukanye
Nyuma yuko Covid-19 igereye mu rwanda, CP John Bosco KABERA yagiye agaragara cyane mw’itangaza makuru avuga ku ngamba zo kwirinda covid-19 ndetse nizindi ngamba zitandukanye za polisi y’urwanda.
Hashize iminsi CP JOHN BOSCO KABERA atagaragara mw’itangazamakuru, bikaba byabaye urujijo mu bantu bibaza aho yaba aherereye.
Nyuma yuko abantu bakomeje kwibaza aho yaba aherereye abanyamakuru ba TV 1 babigarutseho ubwo bari munkiganiro
Mu kiganiro RIRARASHE gitambuka kuri TV1 umunyamakuru KNC yabajije mugenziwe MUTABARUKA aho CP JOHN BOSCO KABERA yaba aherereye gusa nabo byabayobeye.
KNC yagize ati”Rwose biteye urujijo, cyangwa niba nawe yaranduye covid-19 nibabitubwire kugirango tumenye ko icyorezo gikaze”
Yakomeje agira ati”Gusa wabona yibereye mu kiruhuko, ubwo reka dutegereze“
CP JOHN BOSCO yamenyekanye cyane kubera uburyo yatangazaga ingamba zo kwirinda covid-19 urugero:
KUWAMBERE Guma murugo
KUWA KABIRI Guma murugo
KUWA GATATU Guma murugo
KUWA KANE Guma murugo
KUWA GATANU Guma murugo
KUWA GATANDATU Guma murugo
KUCYUMWERU Guma murugo.

CP JOHN BOSCO KABERA aheruka kugaragara ubwo abaturage ikigali bishoye mu mihanda ubwo bari bari kwishimira instinzi y’ikipe amavubi ubwo yatsindaga ikipe ya togo bikayihesha tike yo kujya muri 1/4 mwirushanwa rya CHAN 2020
Kanda urebe igihe aherukira kugaragara