Ku itariki 22 ugushyingo za buri mwaka Hailey Baldwin yizihiza isabukuru ye kuruyu munsi yizihizaga isabukuru y’imyaka 24 amaze avutse. ibyamamare bikomeye ku isi byamwoherereje ubutumwa buyimwifuriza muri byo byamamare harimo na Justin Beiber umugabo wamwandikiye amagambo yuzuyemo urukundo rwinshi.
Mu magambo uyu muhanzi Justin Beiber yabwiye umugore we Hailey Baldwin abinyujije kurukuta rwe rwa instagram yagize ati : ““Amaso yanjye ni 4 wowe. Umutima wanjye ni 4 wowe. Umutima wanjye ni 4 wowe. Urukundo rwanjye ni 4 wowe. Ndi murugo aho uri hose. Uri ahantu hanjye hizewe.” akaba yabikurikije amafoto menshi meza yuyu munyamideli ukomeye muri leta zunze ubumwe z’amerika.
mubandi bamwifurije isabukuru harimo na Nyirabukwe Pattie Mallette aho yamwifurije isakuburu nziza yamavuko akamubwira ko amukunda cyane.
yanditse ati:“UMUNSI MWIZA @haileybieber !! Ndagukunda ubuziraherezo”. “Uri impano n’umugisha ku muryango wacu. Ndashimira cyane ko wavutse !! Kunda urukundo urukundo ❤️” “Uri impano n’umugisha ku muryango wacu. Turashimira cyane ko wavutse! Turakwishimiye uyu munsi !!.
Abandi bayimwifurije twavuga nka Kendalljennel ,Bella Haddid ndetse nibindi byamamare bigiye bikomeye ku isi.

